Leta zunze ubumwe z’Amerika iraburira perezida w’u Rwanda Paul Kagame ko ashobora gushyikirizwa urukiko mpanabyaha mpuzamahanga aramutse akomeje gufasha inyeshyamba.
Inyeshyamba zivugwa cyane cyane iz’umutwe wa M23 zikora ibyaha by’intambara muri Republika Iharanira demokrasi ya Kongo.
Umunyamakuru w’Ijwi ry’Ameriia Thomas Kamilindi ni we wakuriiranye iby’iyi nkuru agiye kuyitugezaho.