Umunyarwandakazi Monique Nsanzabaganwa uherutse gutorerwa kuba Visi Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’Afrika, aravuga ko ikibazo cy’umutekano n’amahoro kiri ku murongo wa mbere w’ibigomba kubonerwa umuti.
Aganira n'umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika, Venuste Nshimiyimana, Madame Nsazabaganawa ubaye umutegarugoli wa mbere ku mwanya wa visi-prezida wa UA yamubwiye ku bunararibonye bwe n'uko buzamufasha kurangiza imirimo ye. Bikurikire muri iki kiganiro.
Facebook Forum