Uko wahagera

EJO BITE 4 24 2004 - 2004-04-24


Mu minsi ishize, Presida w'u Rwanda Paul Kagame yagendereye leta z'unze ubumwe z'amarika mu byerekeye ukwibuka imyaka icumi ishize mu Rwanda habaye itsembatsemba n'itsembabwoko. Perezida Kagame yatangaje ibimaze gukorwa n'ibizakomeza gukorwa mu kwubaka igihugu inyuma y’ayo marorerwa.

Presida Kagame kandi yatanze ubutumwa ku bana bahangayitse abenshi bakiri mu buhungiro, avuga ati ababyeyi ntibabuze abana gutahuka.

Umuyobozi mukuru w'iradiyo Ijwi ry' Amerika, David Jackson, aheruka mu rugendo rwamujanye mu Rwanda no mu kambi y'impunzi ya Lukole muri Tanzania aho yari yagiye kureba ukuntu ikiganiro cy'urubyiruko "Ejo Bite?' gitegurwa n'akamaro iki kiganiro gifitiye urwo rubyiruko.

Mu kibazo cy'abana b'impunzi baherereye mu kambi y'i Lukole muri tanzania, abatarashoboye kurangiza amashuri ariyunga hamwe mugushakisha icyabatez'imbere.

Ikindi kibazo gihangiyikishije urubyiruko ni icyerekeranye n'uburaya bwiganje mu rubyiruko mw'ikambi ya Lukole.


Ejo Bite: English Version


Abategura Ejo Bite



Shakira andi makuru yo mu karere hano.
Saba amakuru muri email yawe hano.

XS
SM
MD
LG