Uko wahagera

EJO BITE YOUTH SHOW 26 07 2003 - 2003-08-05


Mu kiganiro Ejo Bite cyo muri iki cyumweru:

Gentille Ntibagirirwa uri mu Burundi yavuze ku masomo abana bakurikira nyuma y’ishuri. Bamwe mu babyeyi basanga ayo masomo ari ingirakamaro. Abandi ariko basanga ari uguta igihe.

Mu Rwanda ho Olivier Isata yavuze k’irushanwa ry’umupira w’amaguru ryabereye i Nyamirambo, i Kigali. Iryo rushanwa ryari rigamije gufasha abana bafite ibibazo mu gihe batari mu ishuri.


Ejo Bite: English Version here



Shakira andi makuru yo mu karere hano.
Saba amakuru muri email yawe hano.

XS
SM
MD
LG