Uko wahagera

Abarwayi b'Igituntu cy'Igikatu Bakomeje Kwitabwaho mu Kigo cya Kabutare.


Docteur Twahirwa Gerard wayoboraga icyo kigo muri uyu mwaka ushize yaganiriye n'ijwi ry’Amerika, adusobanurira uburyo abo barwayi bitabwaho, na zimwe mu nkunga imiryango yabo ibona.

Yashimangiye ariko ko mu byo abarwayi b'igituntu bakwiye kwitaho harimo no ugufata imini neza, kandi bakayirangiza, bakurikije ibisobanuro bya muganga, kugira ngo bitazabaviramo igituntu cy'igikatu.

Docteur Twahirwa yasabye kandi umuntu wese ukorora kwegera abaganga kare kuko, iyo umuntu avuwe kare, adashobora kugera kuri icyo gituntu cy'igikatu.

Doctereur Twahirwa yatubwiye kandi ko umurwayi umwe w'igituntu cy'igikatu leta y'u Rwanda ishobora kuba imutangaho amafranga arenga miriyoni.

Ikiganiro kirambuye na Docteur Twahirwa haruguru.

XS
SM
MD
LG