Repubulika ya demokarasi ya Kongo yongeye kwemerera Uburundi kugura lisansi mu mujyi wa Uvira uri mu ntara ya Kivu y’epfo.
Ni nyuma y’icyumweru Abarundi bakumiriwe gushakira lisansi muri icyo gihugu bitewe n’uko yari yarabuze.
Iki cyemezo cyafatiwe mu nama yahuje ubuyobozi bw’umujyi wa Uvira, imiryango itegamiye kuri leta, abacuruza lisansi n’inzego zitandukanye zikorera ku mupaka wa Kavimvira uhuza Kongo n’Uburundi.
Umva inkuru irambuye hano hepfo tugezwaho na Vedaste Ngabo wabikurikiranye.
Forum