Ubusanzwe ubaye impunzi atakaza ibye akabaho mu buzima bugoye. Ariko hari bamwe bishobora kubera imbarutso yo kugera ku byo batari barashoboye mu buzima.
Madamu Feza Diane, impunzi y’umunyekongo uba mu nkambi ya Kigeme mu Rwanda, ni umwe muri abo. Ijwi ry’Amerika yamusuye.
Reka umunyamakuru Eric Bagiruwubusa adutambagize aho atuye n’aho akorera muri iyi nkuru mushobora kumva hepfo hano
Forum