Uko wahagera

RDC: Abatuye Uvira Bigaragambije Basaba Leta Gusana Imihanda yo muri Uwo Mujyi


Mu mujyi wa Uvira haheruka kuba indi myigaragambyo y'Abarobyi
Mu mujyi wa Uvira haheruka kuba indi myigaragambyo y'Abarobyi

Mu mujyi wa Uvira uri mu ntara ya Kivu y’Epfo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo, abaturage bakoze imyigaragambyo yo kutava mu ngo zabo basaba leta gusana imihanda yo muri uwo mujyi.

Kubera iyi myigaragambyo imirimo y’ubucuruzi irimo amasoko, amaduka, amabutike yiriwe afunzwe. Mu mihanda nta moto, igare magare cyangwa imodoka byagaragaramo kubera iyi myigaragambyo yateguwe na n’imiryango itegamiye kuri leta.

Umunyamakuru w’ijwi ry’Amerika Ngabo Vedatse uri Uvira yakurikiranye uko iyo myigaragambyo yagenze ategura inkuru ushobora gukurikira mu ijwi rye hano hepfo.

please wait

No media source currently available

0:00 0:03:56 0:00

Forum

XS
SM
MD
LG