Mu Rwanda abasoreshwa barasaba ikigo cy’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro gukurikiza inama beheruka guhabwa n’umukuru w’igihugu, bakagabanya imisoro.
Ibi babitangaje kuri uyu wa gatatu ubwo iki kigo n’umujyi wa Kigali basabaga abasoreshwa kwishyura imisoro bitarenze uku kwezi kwa mbere kugira ngo birinde ibihano.
Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Assumpta Kaboyi yabiteguyeho inkuru irambuye ushobora gukurikira mu ijwi rye hano hepfo
Facebook Forum