Impunzi zo mu karere ka Masisi mu ntara ya Kivu ya Ruguru zibayeho mu buzima bugoranye kuko nta bufasha zibona bwaba ubuturutse ku baterankunga cyangwa kuri leta ya Kongo.
Bakuwe mu byabo n’imitwe y’abitwaje intwaro irangwa muri ako gace n’ubu umutekano ukaba utaragaruka aho bari zituye ngo batahuke.
Bimwe mu bibazo bibaremereye harimo kubura ibiribwa n’ibindi bya ngombwa bikenerwa mu buzima bwa buri munsi.
Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika, Jimmy Shukrani Bakomera, yasuye izo mpunzi ategura inkuru ikurikira:
Facebook Forum