Mu Rwanda, ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, gisaba abaturage barengeje imyaka 35 kujya kwisuzumisha indwara y’umuvuduko w’amaraso kugirango uyisanganwe, ayivurwe hakiri kare.
Byavugiwe mu nama yahuje abaganga b’inzobere mu kuvura indwara y’umutima ubwo u Rwanda rwizihizaga umunsi mpuzamahanga w’indwara y’umuvuduko w’amaraso.
Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Assumpta Kaboyi uru i Kigali mu Rwanda yakurikiranye iyo nama ategura inkuru ikurikira.
Facebook Forum