Uko wahagera

Rwanda: Leta Irakangurira Abaturage Kwipimisha Umuvuduko w'Amaraso


Mu Rwanda, ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima, gisaba abaturage barengeje imyaka 35 kujya kwisuzumisha indwara y’umuvuduko w’amaraso kugirango uyisanganwe, ayivurwe hakiri kare.

Byavugiwe mu nama yahuje abaganga b’inzobere mu kuvura indwara y’umutima ubwo u Rwanda rwizihizaga umunsi mpuzamahanga w’indwara y’umuvuduko w’amaraso.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Assumpta Kaboyi uru i Kigali mu Rwanda yakurikiranye iyo nama ategura inkuru ikurikira.

please wait

No media source currently available

0:00 0:04:30 0:00

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG