Uko wahagera

Rwanda: Abanyamakuru Batatu Basabiwe Gufungwa Imyaka Irenga 22


Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabye umucamanza mu rukiko rukuru rw'i Kigali, guhamya ibyaha abanyamakuru batatu: Jean Damascène Mutuyimana, Jean Baptiste Nshimiyimana na Shadrack Niyonsenga. Bwabasabiye imyaka 22 n’amezi atanu y’igifungo.

Ubushinjacyaha bubarega ibyaha byo guteza imvururu cyangwa imidugararo muri rubanda.

Ni ibyaha bikomoka ku nkuru batangazaga ku muyoboro wabo wa Yotube. Ibyaha Bose barabihakana bakavuga ko batangazaga inkuru zifite imitwe ikurura abasomyi. Bafunzwe kuva mu mwaka wa 2018.

Umunyamakurun w'Ijwi ry'Amerika Eric Bagiruwubusa yakurikiranye uko uru rubanza rwagenze ategura inkuru mushobora kumva mu ijwi rye hano hepfo:

please wait

No media source currently available

0:00 0:04:42 0:00

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG