Uko wahagera

Kongo Yashinje u Rwanda Gushyigikira Inyeshyamba za M23 Rurabihakana


Inyeshyamba za M23 zirwanya ubutegetsi buriho muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo
Inyeshyamba za M23 zirwanya ubutegetsi buriho muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo

Leta y’u Rwanda iravuga ko nta nkunga iyo ari yo yose itera inyeshyamba z’umutwe wa M23. Irasubiza imvugo ya Ministiri w’ububanyi n’amahanga wa Kongo, Christophe Lutundula Apala, yatangarije i Malabo muri Guinee Equatoriale ko "M23 ishyigikiwe na Leta y’u Rwanda yagabaye ibitero ku ngabo za Kongo”.

Umuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda, Alain Mukurariranda yabwiye Ijwi ry’Amerika, ko u Rwanda rushyigikiye amahoro arambye mu karere ariko ko rutazemera uhungabanya umudendezo w’abaturage barwo.

Bwana Mukurarinda yavuganye na n’Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Venuste Nshimyimana

please wait

No media source currently available

0:00 0:05:45 0:00

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG