I Kigali mu Rwanda mu turere twa Gasabo na Nyarugenge hakomeje kumvikana ibibazo by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina.
Umuryango uharania iterambere ry’umugore wo mu cyaro (Reseau des Femmes) ukavuga ko abashinzwe gukumira no kurwanya iryo hohoterwa barimo inzego z’umutekano na bo akenshi baba batabifiteho ubumenyi buhagije.
Uyu muryango wemeza ko ari abo kwitabwaho kugira ngo bakore ibyo bumva. Umunyamakuru w’ijwi ry’Amerika, Eric Bagiruwubusa yakurikiranye iki kibazo ategura inkuru irambuye mushobora gukurikira mu ijwi rye hano hepfo.
Facebook Forum