Uko wahagera

U Rwanda Rwiteguriye Kuburana mu Rubanza rwa Rusesabagina muri USA


Alain Mukuralinda wungirije Umuvugizi wa Leta y'u Rwanda
Alain Mukuralinda wungirije Umuvugizi wa Leta y'u Rwanda

Leta y’u Rwanda iravuga ko yiteguye kujya kuburana mu rubanza ikirego umuryango wa Paul Rusesabagina watanze muri Leta zunze ubumwe z’Amerika. Abawunganira batangaje ko kuri iki cyumweru tariki ya 8/5/2022, ariwo munsi ntarengwa kuri Leta wo kuba yasubije ibibazo yahawe itabikora urubanza rugakomeza uko biteganijwe. Umuryango wa Paul Rusesabagina wareze uvuga ko yashimuswe kandi agakorerwa iyica rubozo. Usaba imponzamarira z’amadolari miliyoni 400. Umuvugizi wungirije wa Leta y’u Rwanda yabwiye Ijwi ry’Amerika ko Leta y’u Rwanda yatangiye igihe ibyasabwe. Alain Mukururarinda yavuganye na Venuste Nshimiyimana.

U Rwanda Ruvuga ko Rwatangiye Igihe Ibibazo Rubazwa na Sentare yo mu USA
please wait

No media source currently available

0:00 0:02:15 0:00

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG