Uko wahagera

Rwanda: Ubwisanzure bw'Itangazamakuru Buhagaze Bute mu Mwaka wa 2022?


Muri uyu mwaka wa 2022 ishyirahamwe ry’abanyamakuru batagira umupaka (Reporters without Borders) riragaragaza ko u Rwanda rwigiye imbere ho imyanya 20 ku rutonde rw’ibihugu byubahiriza ubwisanzure bw’itangazamakuru.

Abanyamakuru baganiriye n’Ijwi ry’Amerika kuri uyu munsi barashima intambwe u Rwanda rumaze gutera ariko bagasanga hari n’ibyo gukosora.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Eric Bagiruwubusa yasomye raporo ya Reporters without Borders ategura inkuru ikurikira mushobora kumva mu ijwi rye hano hepfo:

please wait

No media source currently available

0:00 0:05:08 0:00

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG