Uko wahagera

Mu Rwanda Leta Yaba Igiye Kugabanya Inzibutso za Jenoside


Urwibutso rwa Bisesero
Urwibutso rwa Bisesero

Leta y’u Rwanda irateganya gahunda yo kugabanya inzibutso hagasigara nke zafatwa neza kurushaho. Ni mu rwego rwo kubahiriza Iteka rya Perezida wa Repubulika rigena imitunganyirize n'imicungire y'inzibutso.

Umuryango w’abarokotse jenoside ibuka, wo uvuga ko wemera iyo gahunda ariko ugasaba ko inzibutso zitakwimurirwa kure aho bisaba abarokotse gukora ingendo ndende bajya kureba aho ababo bashyinguye.

Umunyamkuru w'Ijwi ry'Amerika Assumpta Kaboyi yabikurikiye ategura inkuru mushobora kumva mu ijwi rye hano hepfo.

please wait

No media source currently available

0:00 0:04:27 0:00

Facebook Forum

Ibifitanye isano

XS
SM
MD
LG