Uko wahagera

Umuryango wa Rusesabagina Watangaje ko 'Arwaye Cyane'


Paul Rusesabagina
Paul Rusesabagina

Umuryango wa Paul Risesabagina wavuze ko icyemezo cy’Urukiko rw’Ubujurire mu Rwanda cyo kugumishaho igifungo cy'imyaka 25 nta shingiro gifite.

Umukobwa we, Carine Kanimba yabwiye Ijwi ry’Amerika ko bazakomeza gusaba ko arekurwa. Ku nshuro ya mbere, umuryango we watanganaje ko Rusesabagina yagize ikibazo cy’imitsi y’ubwonko (AVC).

Carine Kanimba yavuganye n'umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Venuste Nshimiyimana atangira amubwira uko bakiriye icyemezo cy’ukurukiko rw’ubujurre rwanzuye ko igihano cyo mu rukiko rukuru aricyo kigumaho.

please wait

No media source currently available

0:00 0:03:28 0:00

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG