Abaturage bo mu Bweyeye ho mu karere ka Rusizi mu Burengerazuba bw’u Rwanda barasaba inzego z’ubutegetsi kubakura mu bwigunge bwo kutagenderana n’ibindi bice by’igihugu.
Abo bavuga ko aho batuye nta modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zihagera, ibyo bikabangamira iterambere ryabo.
Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Thémistocles Mutijima yaganiriye na bamwe muri bo adutegurira iyi nkuru.
Facebook Forum