Uko wahagera

HRW Ivuga ko Leta y’u Rwanda Yibasira Abatavuga Rumwe na Yo.


Imodoka ya RIB itwara abafungwa
Imodoka ya RIB itwara abafungwa

Umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu, “Human Rights Watch”,ufite icyicaro muri Amerika, uvuga ko reta y'u Rwanda yakajije umurego mu kutihanganira umuntu wese ujya impaka cyangwa uyinenga.

Umuyobozi wa HRW mu karere ka Afurika yo hagati, Lewis Mudge, ashimangira ko iri fatwa rishingiye kuri politike rigamije guca intege abantu kugira ngo batavuga nabi politike ya Leta.

Mugenzi wacu Tim Ishimwe aratubwira ibikubiye muri raporo ya HRW.

please wait

No media source currently available

0:00 0:01:57 0:00


Facebook Forum

XS
SM
MD
LG