Uko wahagera

Abanyamulenge muri Uvira Barahunga Ibitero bya Mai Mai na Red Tabara


Abanyamulenge babarirwa mu bihumbi birenga bine mu Rurambo ho muri groupement ya Lemera, Teritware ya Uvira bahunze ibitero bya Mai Mai n’inyeshyamba z’Abarundi za Red Tabara.

Buditito Rugwegwe, umuyobozi wa localite ya Kahololo avuga ko gusenyuka kw’imihana yabo irenga 13 harimo akagambane ka leta kuko barayitabaje ntiyabatabara kuva Mai Mai na Red Tabara zabagaba ho ibitero kuva mu kwezi kwa gatatu kugeza uyu munsi.

Umuvugizi wa Mai Mai Ilungu, bwana na Bulizi Aimable, avuga ko nta ntambara yo gusenyera abaturage bo mu Rurambo bakoze ahubwo intego yabo ari kurwanya imitwe yitwaje ibirwanisho ikorera Rurambo harimo Colonel Makanika na Colonel Charles Sematama.

Inkuru iramvuye muyikure mu majwi.

please wait

No media source currently available

0:00 0:03:57 0:00


Facebook Forum

XS
SM
MD
LG