Ubutegetsi bwa Leta ya Uganda butangaza ko bugishishikariye kubahiriza amasezerano yo kurangiza ibibazo biri hagati y’ico gihugu n’icy’u Rwanda.
Ibi bitangajwe nyuma y’iminsi 30 inama yahuje intumwa z’ibihugu byombi ibereye I Kigali mu Rwanda. Inkuru y’umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Ignatius Bahizi ukorera I Kampala muri Uganda.
Facebook Forum