Uko wahagera

Perezida Kagame Araburira Abifuza Gutera u Rwanda


Aha Perezida w'u Rwanda Paul Kagame yarimo ashyikiriza ijambo igihugu n'abategetsi mu birori vy'imyaka 20 hibukwa jenoside, kuri stade Amahoro i Kigali, Rwanda.
Aha Perezida w'u Rwanda Paul Kagame yarimo ashyikiriza ijambo igihugu n'abategetsi mu birori vy'imyaka 20 hibukwa jenoside, kuri stade Amahoro i Kigali, Rwanda.

Perezida w'u Rwanda Paul Kagame ejo kuwa kabiri yaraburiye uwo ari we wese wagerageza gutera igihugu cye, kabone n'ubwo yaba yishyingikirije indagu, ko yazabyicuza mu mateka. Ayo ni amwe mu magambo bwana Kagame yatangarije ingabo z'u Rwanda, ubwo yasozaga imyitozo ya gisilikari mu ntara y'Uburasirazuba. Muri uwo muhango, Perezida Kagame yari yambaye imyenda ya gisilikare, yumvikana agira ati:

please wait

No media source currently available

0:00 0:02:37 0:00

Nk'uko umuvugizi w'ingabo z'u Rwanda yabitangarije Ijwi ry'Amerika, iyo myitozo yamaze amezi atatu, yari igamije gukaza ubushobozi bw’abasilikare muri iki gihe.

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG