Hashize iminsi itari mike abakoresha itumanaho rya telefoni cyane cyane umuyoboro wa Mtn binubira uburyo itumanaho ryabagoye.
Hari abavuga ko badashobora kubona abo bahamagaye cyangwa banababona umurongo ugacika batarangije kuvugana.
MTN Rwanda yasobanuriye abafatabuguzi ko serivice yagenze nabi koko, ariko ibizeza ko irimo gusana imiyoboro yayo, ku buryo mu gihe gito bizaba byarangiye.
Ni inkuru yakurikiranwe n'umunyamakuru Assumpta Kaboyi w'Ijwi ry'Amerika mu Rwanda.
Facebook Forum