Uko wahagera

Ubushinjacyaha Bwasabiye Abo kwa Rwigara Ukundi Kwezi kwa Kasho


Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwasoje kuburanisha urubanza ubushinjacyaha bukurikiranyemo ibyaha byo guteza imvururu muri rubanda abo mu muryango wa Nyakwigendera Assinapol Rwigara.

Ubushinjacyaha burabasabira gufungwa by'agateganyo mu minsi mirongo itatu mu gihe bugikora iperereza, abaregwa n'ababunganira bo bagasaba gufungurwa kuko basanga ari abere. Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Eric Bagiruwubusa ukorera I Kigali ni we utugezaho iyi nkuru.

please wait

No media source currently available

0:00 0:05:57 0:00

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG