Uko wahagera

Rwanda: Ibikorwa byo kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika

Mu Rwanda, ibikorwa byo kwiyamamariza umwanya wa Perezida wa Repubulika mu matora ya tariki ya kane y’ukwezi kwa munani byatangiye tariki ya 14 Nyakanga. Umukandida w’Ishyaka rya FPR Inkotanyi Paul Kagame yasuye akarere ka Muhanga, mu ntara y’Amajyepfo, mu gihe umukanidda wigenga Filipo Mpayimana yasuye akarere ka Bugesera mu ntara y’Uburasirazuba.

Voma ibindi

XS
SM
MD
LG