Uko wahagera

Mu mafoto: Abaturage batoye Perezida mushya mu Bufaransa

Mu Bufaransa, abaturage batoye perezida mushya bifuza ko ibibazo birimo kubona akazi, umutekano n’abikumira byabonerwa ibisubizo. Uwatowe ejo ku cyumweru mu cyiciro cya kabiri  ni Emmanuel Macron w’imyaka 39, wahoze ari minisitiri w’ubukungu. Yari ahanganye na Marine La Pen uvuga ko intego ye ari ugushyira imbere inyungu z’Ubufaransa no kurwanya abimukira.

Mu Bufaransa, abaturage batoye perezida mushya bifuza ko ibibazo birimo kubona akazi, umutekano n’abikumira byabonerwa ibisubizo. Uwatowe ejo ku cyumweru mu cyiciro cya kabiri ni Emmanuel Macron w’imyaka 39, wahoze ari minisitiri w’ubukungu. Yari ahanganye na Marine La Pen uvuga ko intego ye ari ugushyira imbere inyungu z’Ubufaransa no kurwanya abimukira.

Voma ibindi

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG