Uko wahagera

Abagize umuryango w’abakundana bahuje ibitsina bo mu Rwanda barimo kujya ahagaragara

Abantu bagize umuryango w’abakundana bahuje ibitsina bo mu Rwanda bazwi kw’izina ry’abatinganyi barimo kujya ahagaragara. Ni nyuma y’iminsi itoroshye banyuzemo bahohoterwa mu ntangiriro z’uyu mwaka.

Mu kwezi kwa kabiri umunyamakuru wa televisiyo y’u Rwanda yasabye umubano uwo bakundanye bahuje igitsina kandi bateguye k’umugaragaro ubukwe bwabo mu mahanga.

Kwiyemeza kubana k’umugaragaro byakuruye uburakari mu batsimbaraye ku bya kera mu Rwanda kandi abenshi mu batinganyi barahunze abandi barihisha.

Hamada Elrasam yaganiriye n’abatinganyi b’Abanyarwanda ibyerekeye uburyo babashije kuva mu bihe bikomeye n’imbogamizi bakomeje guhura nazo.

Voma ibindi

Facebook Forum

XS
SM
MD
LG