Uko wahagera

HRW: Abishe Abanyasudani mu Myigaragambyo yo mu 2013 Ntibarabibazwa


Human Rights Watch Executive Director Kenneth Roth
Human Rights Watch Executive Director Kenneth Roth

Imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu myinshi, iranenga Sudani kuba yarananiwe guha ubutabera abibasiwe na guverinema mu myaka itatu ishize, aho abigarambyaga bashobora kuba bagera mu 185 biciwemo.

Umuryango urengera uburenganzira bwa muntu Amnesty International n’ikigo nyafurika gisuzuma ikibazo cy’ubutabera n’amahoro, bivuga ko ingabo za guverinema ya Sudani arizo zishe abigaragambyaga.

Abo banyagihugu bamagana ingamba zo kwizirika umukanda, i Khartoum no mu yindi mijyi kugeza ubu batabazwa amaraso bamenye mu mwaka wa 2013.

Ubu kominisiyo y’uburenganzira bw’ikiremwa muntu ya ONU, irimo gusuzuma icyo kibazo mu nama ireba Sudani.

XS
SM
MD
LG