Uko wahagera

Igifungo cy'imyaka 21 kuri Col Byabagamba na 20 kuri Gen. Rusagara


Gen. Rusagara na Col. Byabagamba
Gen. Rusagara na Col. Byabagamba

Urukiko rukuru rwa gisirikare rw’u Rwanda rwahamije ibyaha byose Col Tom Byabagamba wahoze akuriiye itsinda ry'abasirikare barinda prezida Paul Kagame. Rwamuhanishije igifungo cy'imyaka 21 no kwamburwa impeta za gisirikare

Urukiko kandi rwahanishije muramu we Gen Frank Rusagara igifungo cy'imyaka 20. Uwahoze ari umushoferi wa Gen Rusagara, Sgt Kabayiza we, yahanishijwe imyaka 5 y’igifungo n'ihazabu y'amafaranga 500000 y’u Rwanda.

Bose bahise bajuririra ibihano. Abagize imiryango bari biganje mu cyumba cy'iburanisha hafi ya bose batashye barira.

please wait

No media source currently available

0:00 0:04:14 0:00

XS
SM
MD
LG