Uko wahagera

Rwanda: Imyanzuro mu Rubanza rwa Koloneli na Jenerali


Mu rukiko rukuru rwa gisilikare
Mu rukiko rukuru rwa gisilikare

Mu rukiko rukuru rwa gisilikare mu Rwanda, abofisiye bakuru b'ingabo z'u Rwanda bakomeje guhangana n'ubushinjacyaha.

Col Tom Byabagamba wahoze ukuriye itsinda ry'abasirikare barinda umukuru w'u Rwanda Paul Kagame we na bagenzi be barangije gutanga imyanzuro ya nyuma ku bihano ubushinjacyaha bwabasabiye byo gufungwa imyaka 22.

Abaregwa bose uko ari batatu basabye urukiko kuzabagira abere. Bavuze ko ibirego byo gukwirakwiza impuha zigamije kwangisha rubanda ubutegetsi ari ibihimbano.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Eric Bagiruwubusa ni we wakurikiranye iyi nkuru mu rukiko.

please wait

No media source currently available

0:00 0:04:21 0:00

XS
SM
MD
LG