Mu rwego rwo guhangana n’ikibazo cy’abana b’inzererezi bagenda biyongera mu muhanda, Leta y’u Rwanda irateganya ingamba zikarishye.
Ubuyobozi bw'igihugu buvuga ko bugiye kujya buhana umubyeyi byagaragaye ko yarangaranye umwana we bikamuviramo kujya kuba mu muhanda.
Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika mu Rwanda Assumpta Kaboyi ni we wakurikiranye iyi nkuru.