Uko wahagera

Rwanda: Umwanzuro wa Sena kw'Itegeko Nshinga Urategerejwe


Komisiyo ya Sena y' u Rwanda kuri uyu wa gatatu taliki 11 y'ukwezi kwa 11 umwaka w'2015, yarangije gusuzuma ingingo zikubiye mu mushinga w’itegekonshinga

Komisiyo ya Politiki n'imibereho myiza mu mutwe wa Sena ivuga yarangije gusuzuma ingingo ku yindi mu zigize umushinga wo kuvugurura itegekonshinga.

Magingo aya imirimo barayikorera mu muhezo, ariko ukuriye iyo Komisiyo, avuga ko Ingingo ya 101 ivuga kuri manda ya Perezida wa Repubulika ntacyo bayihinduyeho.

Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika, Eric Bagiruwubusa adufitiye inkuru irambuye.

please wait

No media source currently available

0:00 0:02:51 0:00

XS
SM
MD
LG