Uko wahagera

Rwanda: Igorofa y'Umuryango wa Rwigara Yarasenywe


Rwanda: Igorofa ya Rwigara Irimo gushya
Rwanda: Igorofa ya Rwigara Irimo gushya

Abagize umuryango wa Nyakwigendera w'umunyemari Rwigara Assinapol baravuga ko ubuyobozi bw'umujyi wa Kigali bwabatunguye bubasenyera inzu yari yubatse muri uwo mujyi.

uwo muryango usobanura ko ubwo buyobozi bwari bugisuzuma ibyangombwa babuhaye bisobanura ko bubatse mu buryo bwubahirije amategeko.

Umujyi wa Kigali wo urahakana ko nta byangombwa wigeze ubona kandi ko kuba iyo nzu y'Amagorofa atanu (5) idakomeye ishobora guhitana ubuzima bw'abantu benshi.

Ni inkuru yakurikiranwe n'umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika i Kigali mu Rwanda Eric Bagiruwubusa.

please wait

No media source currently available

0:00 0:04:46 0:00

XS
SM
MD
LG