Uko wahagera

Abantu ibihumbi biroshye mu mihanda y’I Bujumbura kwakira Perezida Petero Nkurunziza, nyuma y’uko kudeta yari imaze gupfuba. Tariki ya 15/03/2015


Abantu ibihumbi biroshye mu mihanda y’I Bujumbura kwakira Perezida Petero Nkurunziza, nyuma y’uko kudeta yari imaze gupfuba. Tariki ya 15/03/2015
please wait

No media source currently available

0:00 0:03:13 0:00

Perezida Nkurunziza yari yagiye mu nama muri Tanzaniya, ubwo Jenerali Godefroid Niyombare, wahoze ashinzwe urwego rw’ubutasi yatangaje ko akuyeho amukuyeho. Impamvu uyu mwofisiye yatanze ni uko Nkurunziza ashaka kwiyamamariza manda ya gatatu, ikintu abatavuga rumwe n’ubutegetsi bavuga ko kinyuranije n’itegeko nshinga. Kugaruka mu gihugu kwa Nkurunziza bibaye nyuma y’umunsi w’imirwano hagati y’impande ebyeri z’igisilikari zitabyumvikanyeho, n’ibyumweru byinshi bishize hakorwa imyigaragambyo ko kubuza perezida kwiyamamariza indi manda.

XS
SM
MD
LG