Uko wahagera

Ububiligi Bwahagaritse Ubufatanye bwa Gisilikari n'u Rwanda


Imodoka y'intambara ya Rutura
Imodoka y'intambara ya Rutura
Iki cyemezo kiremereye cy'Ububiligi kije mu gihe ibindi bihugu bikomeye byo kw'isi, birimo Suwede, Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, n'Ubudage na byo byamaze guhagarika inkunga byahaga Urwanda mu rwego rw’iterambere.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Tomasi Kamilindi yavuganye n'umuhuzabikorwa w'umutwe wa politiki Ihuriro Nyarwanda Dogiteri Theogene Rudasingwa uba inaha muri Leta zunze ubumwe z'Amerika.

please wait

No media source currently available

0:00 0:07:00 0:00
Ibishamikiyeho


Impamvu nyamukuru iri inyuma y'ibi byemezo by'ibihugu by’amahanga ifitanye isano na raporo y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye (LONI) ishinja Urwanda kuba ruha intwaro ndetse n’abasirikari umutwe w’inyeshamba wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo.
XS
SM
MD
LG