Uko wahagera

Pariki y'Akagera yaguze intare muri Afrika y'Epfo


U Rwanda rwaguze muri Afrika y’Epfo intare zirindwi, eshanu z’ingore n’ebyili z’ingabo. Zizajya gutura Pariki y’Akagera, aho intare zari zarashize burundu nyuma ya jenoside yo mu 1994.

Kugarura intare mu Rwanda bizakurura ba mukerarugendo benshi bakunda inyamaswa nini, zirimo n’intare, nk’uko abayobozi ba Pariki y’Akagera babiteganya.

Biteze kandi ko nibura nyuma y’umwaka umwe, izo ntare zizaba zatangiye kororoka.

XS
SM
MD
LG