Uko wahagera

Kugabanya inkunga y'Amerika ku Rwanda Byaba Ari Intangiriro


Mu mpamvu zatumye Amerika ifata icyo cyemezo ni raporo yatangajwe ivuga ko bamwe mu bayobozi b’u Rwanda bakuru baba bafasha umutwe w’inyeshyamba za M23 mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira demokarasi ya Kongo

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yagabanije inkunga ya gisilikari y’uyu mwaka yahaga u Rwanda ho amadolari ibihumbi 200.

Mu mpamvu zatumye Amerika ifata icyo cyemezo ni raporo yatangajwe ivuga ko bamwe mu bayobozi b’u Rwanda bakuru baba bafasha umutwe w’inyeshyamba za M23 mu burasirazuba bwa Republika iharanira demokarasi ya Kongo.

Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Etienne Karekezi yabajije Jean Bosco, umuyobozi w’ikinyamakuru Umuvugizi gisohoka kuri interineti icyo kugabanya iyo nkunga byaba bisobanura.

XS
SM
MD
LG