Uko wahagera

Kongo n'Umutwe wa M23 mu Biganiro by'Amahoro


Imodoka y'intambara mu burasirazuba bwa Kongo
Imodoka y'intambara mu burasirazuba bwa Kongo
Ibiganiro by’amahoro hagati ya guverinoma ya Republika Iharanira demokrasi ya Kongo n’umutwe wa M23 biteganijwe gusubukura taliki ya karindwi y’ukwa mbere mu mwaka wa 2013.

Abahagarariye impande zombi zishyikirana, kimwe n’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kongo, bageze I Kampala mu murwa mukuru wa Uganda.

Cyokora, mu kiganiro yagiranye na Etienne Karekezi, umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Lucie Umukundwa uri I Kampala avuga ko hari byinshi impande zombi zitumvikanaho.

please wait

No media source currently available

0:00 0:05:50 0:00
Ibishamikiyeho
XS
SM
MD
LG