Ibiganiro by’amahoro hagati ya guverinoma ya Republika Iharanira demokrasi ya Kongo n’umutwe wa M23 biteganijwe gusubukura taliki ya karindwi y’ukwa mbere mu mwaka wa 2013.
Abahagarariye impande zombi zishyikirana, kimwe n’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kongo, bageze I Kampala mu murwa mukuru wa Uganda.
Cyokora, mu kiganiro yagiranye na Etienne Karekezi, umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Lucie Umukundwa uri I Kampala avuga ko hari byinshi impande zombi zitumvikanaho.
Abahagarariye impande zombi zishyikirana, kimwe n’abanyapolitiki batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kongo, bageze I Kampala mu murwa mukuru wa Uganda.
Cyokora, mu kiganiro yagiranye na Etienne Karekezi, umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Lucie Umukundwa uri I Kampala avuga ko hari byinshi impande zombi zitumvikanaho.