Ubugumba bushobora kuboneka no ku bagabo
Ubugumba si ikibazo cy'umugore gusa. N'abagabo bashobora kubugiramo urhare.
Kanseri ishobora gukira iyo ibonekeye igihe
Ingwara y’ ikirimi n’ imwe mu ngwara zifatira mu muhogo.
Ntamuntu utarota keretse uruhinja. Cyakora incuro abantu barota zigenda zigabanuka uko bagenda basaza nk’uko n’amasaha yabo yo gusinzira agenda aba make.
Nkuko twabaniliwe na Docteur Diocles Mukama Twagiramungu urushwima si indwara yandura ahubwo ni ikimenyetso cy’izindi ndwara.
Ni ku nshuro ya mbere urukingo rwa kanseri y’inkondo y’umura rutanzwe mu Rwanda. Rurahabwa abana b’abakobwa bafite imyaka 12.
Mu Buyapani, hari ikindi kintu cyasandaye ku mashini ya kabiri y’uruganda rukoresha ingufu nukleyeri ku munsi wa kane nyuma y’uko rwangi