Uko wahagera

Rwanda: Umuryango w'Abantu 6 Wishwe mu Byimana


Polisi y’u Rwanda irasaba abaturage gukaza umurego mu kwita ku mutekano wabo. Polisi ifashe iki cyemezo nyuma y’iyicwa ry’abantu batandatu b’umuryango umwe mu murenge wa Byimana, mu karere ka Ruhango mu ntara y’Amajyepfo.

Kugeza ubu, iperereza ryo kumenya uwagize uruhare mw'iyicwa ry'abo bantu batandatu rirakomeza. Cyokora, polisi ivuga ko imaze guta muri yombi abantu batanu bakekwa.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika Etienne Karekezi yavuganye n’umuvugizi wa polisi mu ntara y’Amajyepfo Chief Superintendent Hubert Gashagaza.

please wait

No media source currently available

0:00 0:03:53 0:00
Ibishamikiyeho

XS
SM
MD
LG