Uko wahagera

Rusesabagina yeguye mw'Ihuriro Nyarwanda


Bwana Rusesabagina asobanura ko asezeye kugirango abashe gukorera neza indi miryango afitemo ubuyobozi.

Umunyarwanda Paul Rusesabagina, uyobora umuryango Fondation “Hotel Rwanda Paul Rusesabagina”, yatangaje ku mugaragaro ko yeguye mw’ishyaka rya RNC, Ihuriro Nyarwanda. Bwana Rusesabagina ni we wakozweho sinema yitwa “Hotel Rwanda”.

Mw’itangazo ryashyizwe hanze taliki ya 18 y’ukwa gatatu umwaka wa 2012, bwana Rusesabagina asobanura ko asezeye kugirango abashe gukorera neza indi miryango afitemo ubuyobozi.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'Amerika yabajije bwana Rusesabagina impamvu imuteye kwegura mu muryango RNC, Ihuriro Nyarwanda.

XS
SM
MD
LG