Uko wahagera

Umukandida mu Rukiko rw’Ikirenga rw’Amerika


Umukandida mu Rukiko rw’Ikirenga rw’Amerika
please wait

No media source currently available

0:00 0:01:18 0:00

Perezida Barack Obama wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yatangaje izina ry’umucamanza yifuza ko yaba umwe mu bagize inteko y’abacamanza mu rukiko rw’ikirenga. Juji Merrick Garland wari umucamanza mu rukiko rwa Washington DC, ni we Obama yahisemo gusimbura Antonin Scalia witabye Imana mu kwezi gushize.

XS
SM
MD
LG