Uko wahagera

Rwanda – Ruswa mu Gupiganirwa Amasoko.


Inzego za Leta n’iz’abikorera zirasabwa kurwanya ruswa. Madame Aloysia Cyanzayire, ukuriye urwego rw'umuvunyi mu Rwanda, asaba inzego bwite za Leta n'abikorera/ba rwiyemezamirimo ko bashyira hamwe mu gushaka ingamba zihamye zo guhashya burundu ruswa igaragara muri izo nzego.

Ba rwiyemezamirimo bo baravuga ko igihe cyose leta izakomeza kubashyiraho amananiza mu gupiganira amasoko bizagorana guca ruswa burundu.

Inkuru irambuye y’umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika i Kigali mu Rwanda Eric Bagiruwubusa.

please wait

No media source currently available

0:00 0:04:01 0:00

XS
SM
MD
LG