Uko wahagera

Ingorane z’abakenyezi /abategarugoli


Abari n’abategarugori bahura n’ingorane zitandukanye mu buzima bwabo bwa buri munsi ariko mu bihe by’intambara bwo bikaba akarusho.

Bimwe mu bibazo abari n’abaterugoli/abigeme n’abakenyezi bahura nabyo, birimo guhohoterwa, gusuzugurwa, kwimwa ijambo n’umwanya muri politiki y’igihugu.

Hari kandi no guhangayika mu bihe by’intambara biturutse ku nshingano nyinshi z’urugo bafite.

Hari n’ikibazo cy’ubuhunzi ndetse n’ibibazo byo kwita ku bana uko bikiwe mu bihe by’imidugararo.

Ibi bibazo byose umugore ahura nabyo bigira n’ingaruka k’umuryango wose nk’uko umugore ari umutima w’urugo.

Izo ngaruka zikava mu rugo zigera no ku gihugu cyose. Mu kiganiro “Murisanga”,umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika , Eugenia Mukankusi yaniriye kuri ibyo bibazo by’abakenyezi na madamu Marie Goretti Ndacyayisaba wo mu ishyirahamwe “Dushirehamwe” mu Burundi.

please wait

No media source currently available

0:00 0:51:23 0:00

XS
SM
MD
LG