Uko wahagera

Ikibazo cy'igihugu cya Syria Gihangayikishije Amahanga


Kuva umwanzuro w'inteko ishinzwe umutekano ya ONU uburiyemo, ibihugu by'amahanga bikomeje kwibaza icyakorwa ngo imivu y'amaraso ihagarare muri Syria.

Kuva umwanzuro w'inteko ishinzwe umutekano ya ONU uburiyemo, ibihugu by'amahanga bikomeje kwibaza icyakorwa ngo imivu y'amaraso ihagarare muri Syria.

Abakurikirira hafi politiki y'akarere bibaza niba Syria igihe guhinduka Libya, Misiri, Tuniziya cyangwa se Yemen.

Mu kiganiro Dusangire Ijambo cyo kw'italiki ya 12 y'ukwa kabiri, umunyamakuru Etienne Karekezi yaganiye n'impuguke ebyeri z'abanyarwanda bungurana ibitekerezo kuri icyo kibazo.

Izo mpuguke ni Frank Mwine, impuguke mu by'amategeko na politiki uba mu Rwanda na Gerivasi Condo, impuguke mu byo gukemura impaka, akaba n'umunyapolitiki uba muri Leta zunze ubumwe z'Amerika.

XS
SM
MD
LG