Uko wahagera

Guverinoma y'u Rwanda Isabwa Kugaruza Miliyari Enye Zanyerejwe


Guverinoma y’u Rwanda ifite amezi atandatu yo kumenya irengero ry’akayabo ka miliyari enye z’amafranga y’u Rwanda yanyerejwe mu mutungo wa leta

Guverinoma y’u Rwanda ifite amezi atandatu yo kumenya irengero ry’akayabo ka miliyari enye z’amafranga y’u Rwanda yanyerejwe mu mutungo wa leta.

Ibyo ni bimwe mu bikubiye mu myanzuro inteko ishinga amategeko yafashe kw’italiki ya 15 y’ukwezi kwa kabiri mu mwaka wa 2012.

Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Etienne Karekezi yabajije umuyobozi wa komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo bya leta, depite Nkusi Juvenal, aho bahereye ngo bagere kuri ayo mafranga miliyari enye z'amanyarwanda.

XS
SM
MD
LG