Uko wahagera

Gusoza Kwibuka Jenoside ku Nshuro ya 17 mu Rwanda


Imihango yo gusoza kwibuka jenoside yo mu Rwanda ku nshuro ya 17 byakozwe kuwa gatatu taliki ya 13 y’ukwa kane ku rwibutso ruri ku musozi wa Nyarurama mu nkengero z’umujyi wa Kigali.

Imihango yo gusoza kwibuka jenoside yo mu Rwanda ku nshuro ya 17 yakozwe kuwa gatatu taliki ya 13 y’ukwa kane ku rwibutso ruri ku musozi wa Nyarurama mu nkengero z’umujyi wa Kigali.

Aho ni ahashyinguwe bamwe mu banyapolitiki batavugaga rumwe na reta yari ku butegetsi mu mwaka wa 1994. Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Jeanne d’Arc Umwana uri i Kigali ni byo atubwora.

XS
SM
MD
LG