Uko wahagera

Ese Inkiko Gacaca zo mu Rwanda Zageze ku Nshingano zazo?


Mu Rwanda, abantu bumva ko barenganijwe n’inkiko gacaca bafite kugeza ku italiki ya 31 y’ukwa gatanu kugirango basabe gusubirishamo imanza zabo. Ni yo taliki yatanzwe na servisi y’inkiko gacaca y’u Rwanda mu bikorwa byo kwitegura kuzasoza imirimo y’inkiko gacaca.

Mu Rwanda, abantu bumva ko barenganijwe n’inkiko gacaca bafite kugeza ku italiki ya 31 y’ukwa gatanu kugirango basabe gusubirishamo imanza zabo. Ni yo taliki yatanzwe na servisi y’inkiko gacaca y’u Rwanda mu bikorwa byo kwitegura kuzasoza imirimo y’inkiko gacaca.

Umunyamakuru w'Ijwi ry'AMerika Etienne Karekezi yabajije bwana Yozefu Matata, umuhuzabikorwa w’Ikigo giharanira kurwanya umuco wo kudahana n’akarengane mu Rwanda, umurage abona uzasigwa n’inkiko gacaca zirangiye.

XS
SM
MD
LG